in

Meddy mwakunze ashobora guhagarika kuririmba

Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangiye kuririmba indirimbo za Gospel aho zitakiriwe neza n’abakunzi be ndetse bamwe bakamushinja ubunebwe bwo kudahanga udushya nk’utwa kera bari bamuziho aho indirimbo Grateful yasohoye yari yarayishishuye mu zindi ndirimbo yari yarakoze.

Abantu bakomeje kumwibasira cyane ku mbuga nkoranyambaga aho bavuga ko ariko kurangira kwe nubwo kwibasirwa gutyo bishobora gutuma ariko kurangira kwe kwa nyako nkuko bamwe bagenda babivuga.

Abenshi ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kugenda bavuga ko yarangiye ndeyse no kuba agiye kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza atari umukiirisitu ari ukwiyoberanya cyane.

Imbuga nkoranyambaga ni kimwe mu bifasha umuntu kwamamara ndetse akaba ari na kimwe mu bihirika umuntu akava mu bushorishori akongera agasubira hasi ku isuka.

Dore bimwe mu bitekerezo bishobora gutuma Meddy areka gukora umuziki we kubera ukuntu akomeje kwibasirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga cyane cyane Twitter.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO: Amandah Darling ntibyamutwaye igihe kinini ngo yongere kujya mu rukundo bwa kabiri

Nyagatare: Abaturage ntibavuga rumwe na rwiyemezamirimo wahanitse ibiciro ku marimbi yo muri aka karere