in

Marina n’umukunzi we ibyo bari gukorera muri ‘Tour Du Rwanda’ bikomeje gusiga indi shusho 

Mu irushanwa rya Tour du Rwanda, Marina uri gukorana na Rwandafoam, ari kugaragara ari kumwe n’umukunzi we mu mwanya w’ubuyobozi bwa The Mane Music isanzwe ireberera inyungu ze mu muziki.

Marina na Yvan Muziki bamaze igihe bavugwa mu nkuru z’urukundo ariko bo bakirinda kuzihamya cyangwa kuzihakana ariko kuri ubu bari kuzengurukana mu Ntara zitandukanye aho isiganwa rya Tour du Rwanda riri kunyura.

Imwe mwishusho bari gusiga nuko bari guhamiriza rubanda ko bakundana n’ubwo iyo babibajijweho basa n’ababitera utwatsi gusa nyamara aho buri umwe agiye ntasiga undi ibi bigahamya ko bari mu rukundo rucecetse.

 

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yacuze umugambi wo kwica umugabo we abinyujije mu gitsina cye

Kwikinisha byahozeho kuva na kera, havumbuwe kimwe mu byo abagore ba kera bakoreshaga bikinisha, irebere ibipimo by’umubyimba n’indeshyo