in

Mama w’umunyarwenya Anne Kansiime yitabye Imana

Mama w’umunyarwenya ukomeye mu gihugu cya Uganda, Anne Kansiime yitabye kuri iki Cyumweru.

Abinyujije ku mbuga nkoranyamba ze Kansiime w’imyaka 35 yatangaje urupfu rwa nyina, avuga ko inzira z’Imana ziba zitandukanye n’iz’abantu.

Ati “ Inzira z’Imana zitandukanye n’izacu. Muri iki gitondo mama yagiye kubana n’Imana.”

Kansiime akomoka mu gace ka Mparo mu Karere ka Kabale, nyina yari umubyeyi ukuze akaba asigaranye se.

Umubyeyi wa Kansiime yitabye Imana nyuma y’amezi abiri umukobwa we yibarutse imfura.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwiyitiriye Kwizera Olivier yateje urujijo ku mbuga nkoranyambaga .

Musore, waba warabuze uko wabwira umukobwa wihebeye ko umukunda? Menya icyo wakora.