Imyidagaduro
M Izzo wahoze ari inshuti magara ya Rider Man yogeye kwihakana urukundo rwe na Asinah mu itangazamakuru

M izzo ni umuhanzi wazamukiye mu bisumizi ndetse ari ni inshutimagara  ya Rider Man byagiye bigaragara ko ari we wamuzamuye ndetse na M Izzo ubwe arabyiyemerera gusa hashize iminsi itari myinshi bamuvugaho kuba asigaye ari m’urukundo n’uwahoze ari umukunzi wa RIDER MAN umukobwa uzwi ku izina rya ASINAH
M izzo mu kiganiri aherutse kugirana n’igitangazamakuru  cya TV1 mu kiganiro gikorwa na ZIGGY 55 , umuhanzi M IZZO yogeye gutangazako atakibarirwa mu Bisumizi bya Rider Man ndetse anatagatagaza ko abantu bakomeje kumushinja gutandukanya rider man na asinah ataribyo kandi ko adakundana na asinah ahubwo ari inshuti bisanzwe nka mushikiwe bityo yogera gutagazako nta muntu bafitanye nawe ikibazo yaba Rider Man bakoranye ndetse n’abandi
https://www.youtube.com/watch?v=9dQ1VCQvguA
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze21 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Hanze20 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Ubuzima4 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.