M izzo ni umuhanzi wazamukiye mu bisumizi ndetse ari ni inshutimagara  ya Rider Man byagiye bigaragara ko ari we wamuzamuye ndetse na M Izzo ubwe arabyiyemerera gusa hashize iminsi itari myinshi bamuvugaho kuba asigaye ari m’urukundo n’uwahoze ari umukunzi wa RIDER MAN umukobwa uzwi ku izina rya ASINAH

M izzo mu kiganiri aherutse kugirana n’igitangazamakuru  cya TV1 mu kiganiro gikorwa na ZIGGY 55 , umuhanzi M IZZO yogeye gutangazako atakibarirwa mu Bisumizi bya Rider Man ndetse anatagatagaza ko abantu bakomeje kumushinja gutandukanya rider man na asinah ataribyo kandi ko adakundana na asinah ahubwo ari inshuti bisanzwe nka mushikiwe bityo yogera gutagazako nta muntu bafitanye nawe ikibazo yaba Rider Man bakoranye ndetse n’abandi
https://www.youtube.com/watch?v=9dQ1VCQvguA