in

Kwihangana byarabananiye bazana ubupfumu mu rusengero! Salongo n’umugore we barahiye indahiro idasanzwe irimo ibintu by’abakurambere ubwo bari bari kurahira imbere y’Imana mu rusengero

Kwihangana byarabananiye bazana ubupfumu mu rusengero! Salongo n’umugore we barahiye indahiro idasanzwe irimo ibintu by’abakurambere ubwo bari bari kurahira imbere y’Imana mu rusengero

Nubwo hari mu rusengero, amagambo aba bageni, Salongo n’umugore we bakoresheje bahana isezerano ryo kubana akaramata nayo yatunguye benshi

Hari aho bagize bati “Ndagusezeranya ko kubwo uyu mwishywa unyambikiye imbere y’abakurambere bacu, abakuru n’abato bariho, ntazagutenguha nkubabariza umutima. Imana y’i Rwanda n’ahandi yakire uyu mutima nkweguriye, ndi uwawe nawe ukaba uwanjye , kugeza dusoje.”

Aya magambo yatumye benshi bacika ururondogoro ndetse bamwe kuyasobanukirwa byanze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indwara itazwi iri guhitana imfungwa ubutitsa muri Gereza Nkuru ya Ruyigi

Miss Rwanda wa 2016, Mutesi Jolly yababajwe n’umugabo watwitswe na bagenzi barangiza bakanafana ari gushya [videwo]