in

Ku myaka 12 afite isura y’abasaza bakuru cyane (Amafoto)

Mukansanga Beatrice niwe nyina wa Eric ukomeje guhura n’ikibazo cyo gusaza akiri muto, mu magambo ye nyina wa Eric avuga ko umwana we yavutse ameze nk’abandi nta kibazo afite gusa ntabwo byamaze igihe kinini ko nyuma y’umwaka umwe umwana ubuzima bwatangiye guhinduka.

Kuva ku mwaka umwe yatangiye kurwara umubiri wose bituma isura itangira gukura bityo benshi bakomeza kutemera ko afite imyaka 12 kuko afite isura nk’iyabasaza.

Mu magamba yuzuye agahinda nyina avuga ko ababazwa nuko benshi bakunze kuvuga nabi umwana we Eric bamuvugiraho amagambo atari meza ngo dore kiriya kintu n’ayandi menshi atari meza .

Akomeza asaba ubufasha akabasha kuvuza Eric dore ko we n’umuryango bagerageje uko bishoboka ubushobozi burabura .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imana ntirya amandazi! Ikindi gitangaza kibaye kuri wa mugabo wagaragaye asunika ingorofani mu mihanda ya Kigali

Umusaza w’imyaka 71 wiga mu mashuri abanza akomeje gutangaza abatari bake