Ku gisimenti indaya eshatu zarwanye zipfa abagabo rubura gica aho benshi mu baraho bemeje ko indaya zikunze kurwana muri ako gace.
Mu makuru abaraho bahaye mugenzi wacu bavuze ko indaya ebyiri zishaje zafatanyije kurwanya Indi ndaya yinjiye mu mwuga vuba yitwa Mutoni ikomeje kubatwara abagabo.
Benshi mu batuye ku gisimenti bemeza ko hakunze kurangwa n’umutekano muke kubera umwuga w’uburaya ukunze kuharangwa.