in

Ku Gisimenti hujujwe udukingirizo tw’ubuntu twifashishwa n’urubyiruko ruhagana muri iki gihe

Ku gisimenti hujujwe udukingirizo tw’ubuntu n’udukoresho twifashishwa hapimwa Sida, aho biri kwifashishwa na bamwe mu bari kwitabira ibitaramo byategewe mu rwego rwo gususurutsa abashyitsi bitabiriye Inama ya Chogm.

Ku Gisiminti hashyizwe utuzu dutangirwamo ibyo bikoresho ndetse buri kazu kaba karimo umwe mu bakozi ba AHF Rwanda wakira ababagana.

Umwe mu batanga utu dukingirizo avuga ko yigisha abamugana gukoresha ibi bikoresha baba bahawe.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: Ababyeyi b’ibisambo baragwira, bemeye babihisha mu myanya y’ibanga kugira ngo badaha abana babo bari baje babasanga

IFOTO Y’UMUNSI: Bwa mbere Producer Clément yifotoje ari kumwe n’umwana we