in

KNC yasabye abandi bayobizi b’amakipe barimo n’uwa Rayon Sports kwitandukanya na Ferwafa n’abakozi bayo

Ku minsi w’ejo hashize nyuma y’umukino wahuje Bugesera Fc na Rayon Sports, KNC yagaragaye ari kuganira na Perezida wa Rayon Sports ndetse n’uwa Bugesera.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru IGIHE ngo KNC yari ari gusaba aba bayobozi ko bakwitandukanya na Ferwafa, ntizongere kubategurira shampiyona.

Ikindi yabasabye ni uko batakariza ikizere Perezida wa Ferwafa, Nizeyimana Mugabo Olivier ndetse n’umunyamabanga, Muhire Henry.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sadio Mane yaciwe amafaranga

Iri ni ishyano ricitse umurizo! Abafana baheneye abakinnyi b’ikipe bari bahangabye ubwo bari bari gutera penaliti (AMAFOTO)