in

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Kigali: umusore yatahanye indaya abura ayo kuyishyura none ikoze amabara

Umusore wiyemera yatahanye umukobwa wicuruza ,abura ayo kumwishyura birangira ahuruje abantu benshi ndetse anatwara igare ry’uyu musore.

Nkuko bigaragara mu mashusho yo kuri shene imwe ya Youtube, ngo uyu musore yari yumvikanye n’uyu mukobwa ko aramuha amafaranga ibihumbi 10 barangije kuryamana. Bagiye mu byabo birangiye umukobwa yishyuza umusore maze abura ayo kwishyura agashaka kumuha ibihumbi bitanu. Umukobwa yahise atera hejuru avuza induru abantu barahurura ndetse ababwira uko byagenze byose.Avuga ko umusore yanze kumwishyura.Yahise afata igare ryuwo musore ryari hafi aho ahita arijyana ngo yiyishyure.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye Zaba Missedcall yambitse impeta wa mu Miss bakundana (amafoto)

Ifoto y’umunsi: Riderman yagaragaye ateruye abana be b’impanga.