in

Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 none umukobwa we yamutwaye umugabo

Kigali umugore yagiye gushaka umugabo afite umukobwa w’imyaka 18 none umukobwa we yamutwaye umugabo

Hari umudamu ugisha inama nyuma yuko umukobwa we amutwaye umugabo bari bamaze igihe gito bashakanye .

Uyu mugore avuga ko yashatse umugabo ariko asanzwe afite umukobwa w’imyaka 18, ndetse nawe akamujyana muri urwo rugo kugirango akomeze amurere barikumwe .

Kubera uko umwana yasaga nkukuze kandi ateye mu buryo bukurara abagabo ,  umugabo we yatangiye kujya amubenguka , yaba yagiye ku kazi , umugabo agasigarana na wa mukobwa nyuma aza kujya amugurira imyenda , akamuha amafaranga , ndetse nibindi , ibyo byaje gutuma atangira kujya amusambanya.

Gusa umukobwa nawe yakomeje kujya abyishimira, nyuma amaze kuba nk’umugore w’uwo mugabo, yatangiye kujya asuzugura nyina .   Nyina yamubwira ati kora iki , undi ati “umbwira gukora ibyo nkande ?”.

Ibyo byatumye umugore akomeza kugira amakenga  , ndetse nyuma umwana aza kumwerurira ati “Erega mama jya ucisha make ikujyamo niyo injyamo” .

Umugore yarababaye cyane atongana n’umugabo ndetse ashaka kwirukana umukobwa mu nzu ariko umugabo aratsemba avuga ko umukobwa ntaho azajya , none kuri ubu basigaye banasambana abireba .

Uyu mugore akomeje kugisha inama y’icyo yakora nyuma yuko umukobwa we amutwaye umugabo ndetse akaba asigaye anamubwira ngo nashaka kugenda azazinge utwe agende , kandi ari mu rugo rwe. Reba videwo

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Al Nassr Cristiano akinamo yakubise Inter Miami ya Messi nkidahari

Muhadjiri Hakizimana ntiyashimishijwe no gutwara igikombe