in

Kigali: Umugabo yiyahuye asigira umugore we ubutumwa bukomeye.

Umugabo wari utuye mu Kagari ka Nkusi mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali basanze umurambo w’umugabo wari utuye hariya umanitse mu giti yiyahuye gusa ngo yasize yandikiye urwandiko umugore we rukubiyemo ubutumwa bukomeye cyane

Urwandiko uyu mugabo yasize yanditse

Uyu mugabo ntihamenyekanye impamvu nyamukuru yatumye yiyahura , ariko mu rwandiko yasize yandikiye umugore we hagaragaramo ko yari afite amadeni ahwanye nibihumbi 120 by’amafaranga y’u Rwanda. Ikindi uyu mugabo yabwiye umugore ni uko yamusabye imbabazi, ndetse amwibutsa ko azita ku bana babyaranye ndetse n’abandi bareraga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Antoinette Niyongira yibarutse ubuheta.

Ikiganiro n’abanyamakuru ku ngamba nshya zo kwirinda #COVID-19