in

Kigali: Indaya imaze kuryamana n’abagabo barenga 1,000 irifuza kumanika inkweto ikava muri uwo mwuga

Akenshi abantu hari igihe bakora ibikorwa bibi ari ukubera ko nabo aba ari nta yandi mahitamo baba bafite bakemera gukora ibiteye isoni kugira ngo bashobore kwirwanaho nyuma y’uko ubuzima buba bwanze.

Amakuru dukesha urugendo Tv, umugore w’umwana umwe wakoraga umwuga w’uburaya yeruye abwira abanyarwanda bose ko arambiwe ndetse ko atagishaka gukora ubutaya n’ubwo yajyaga abukoreshwa no kuba ari nta yandi mahitamo afite.

Uyu mugore yavuze ko akora uburaya kugira ngo abone icyo ararira we n’umwana we utari wiyandikisha mu irangamimerere ndetse n’uyu mugore akaba ari nta rangamuntu nawe agira rimwe na rimwe akaba yarajyaga abura abakiriya kubera kubura indangamuntu.

Uyu mugore nyuma yo kwemera ko yaryamanye n’abarenga 1,000 aratabaza asaba ubufasha bwo kuba yareka uyu mwuga nkuko hari benshi baburetse ndetse nawe akaba yifuza kubureka.

Yavuze ko ibyo yakorag byose akana ke gato kabaga karimo kareba uko nyina asambana n’abandi bagabo bakba basaba ubufasha ko nuwo mwana yafashwa muri ibyo yabonye nyina akaba yahinduka ndetse n’uwo mwana akazakurana uburere bwiza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubundi Rayon sports iracyagwirirana, Rayon Sports yandagajwe n’ikipe yo mu kiciro cya 2

Impanga zavutse zifatanye imitwe zamaze kwitabwaho mu buryo butangaje