in

YEGOKOYEGOKO NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye

Kigali : ibyo umusore n’umukobwa bakoreye mu gikorwa cyo gutera akabariro bitumye abaturanyi batabaza (Amafoto)

Umusore utuye ahazwi nko mu Biryogo mu Murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge, yakoze imibonano mpuzabitsina yabanje kunywa ikinini byongera ubushake bizwi nka Viagra bituma abaturanyi bahurura bazi ko ari kugirira nabi umukobwa bari bari kumwe.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Ukuboza 2021, nibwo uyu musore yasabwe gukingura inzu ye kugira ngo abaturanyi barebe uwo bari kumwe nyuma yo kumva umukobwa ari gutaka cyane.

Uyu musore ngo yari yiteguye cyane uyu mukobwa, abanza kugura Viagra ngo nyamukobwa ataza kumunyuzamo ijisho. Ibyishimo byaje kurenga igipimo umukobwa induru ayiha umunwa, karahava.

Umusore amaze kumva ko inzego z’umutekano zahageze, yaribwirije arakingura, asohokana n’umukobwa.

Babajijwe icyabaye gituma umukobwa asakuza kugeza aho bibangamiye abaturanyi, undi avuga ko ari ibyishimo byamurenze.

Urubyiruko rwinshi rukomeje gukoresha viagra ngo rwemeze ab’igitsina gore kandi iyi miti igira ingaruka mbi iyo utayihawe na muganga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byiringiro Lague yasabye anakwa umukunzi we, Kellia (Amafoto + Video)

Knowless Butera Yasubije Umusore Wamubwiye Ko Yamusariye (Photo)