in

Kazungu Denis ashobora gufungwa burundu agacibwa n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw.

Kazungu Denis nyuma yo kwemera ibyaha aregwa yasabye imbabazi. Yagize ati “Ndasaba imbabazi, ngasaba ko nagabanyirizwa ibihano, ndasaba imbabazi ntakambira urukiko, ntakambira abo nakoreye ibyaha, umuryango nyarwanda, ngasaba imbabazi no kwihangana ku bo nateje ingaruka mu rugendo rw’ubuzima turimo.”

 

“Ndasaba imbabazi cyane cyane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuba yaradutoje kuba Intore nkaba narabaye ikigwari. Yadutoje kwihangana ariko sinigeze mbigaragaza. Ndasaba imbabazi cyane cyane abana natwariye ababyeyi n’ababyeyi natwariye abana babo. Natewe n’ikibi ariko mbasezeranya ko ntazongera gukora ikibi gisa gityo ku butaka bw’u Rwanda. Murakoze.”

 

Mu gihe Kazungu Denis yasabaga imbabazi ku byaha aregwa, abari mu rukiko kwihangana byanze basuka amarira.

Isoko : Igihe 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rusizi : Umugabo yicishije umugore we ishoka

“The Ben yarazimye” Bruce yatangaje amagambo akomeye atashimishije abakunzi ba The Ben nyuma yo kubwirwa kuzima kwa The Ben