in

Karabaye Rema abakobwa babiri b’ibyamamare bakunzwe hano mu Rwanda no hanze bagiye kuzamuteraniraho ingumi

Karabaye Rema abakobwa babiri b’ibyamamare bakunzwe hano mu Rwanda no hanze bagiye kuzamuteraniraho ingumi.

Umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Nigeria, Rema ni umwe mu bahanzi bakunzwe cyane ndetse bafite igikundiro.

Mu minsi yashize Umuhanzikazi Selena Gomez wanasubiranyemo nawe indirimbo Calm down, yivuye impuzi n’impuzingo avuga uburyo uyu musore ari igitangaza ndetse avuga ko amukunda birenze.

Kuri ubu uyu muhanzi siwe gusa umukunda kuko undi muhanzi uherutse kuza mu Rwanda wo muri Africa y’Epfo, Tyla nawe yatangaje ko akunda uyu muhanzi byo gusara ndetse ngo yifuza ko bajya mu rukundo.

Uyu muhanzi yavuze ko mu gihe cyashize yahuye na Rema bagafata amafoto gusa ngo n’ibyo bihe byiza yagize mu buzima, ubwo uyu mukobwa yabazwaga Icyamamare yifuza ko bakundana yavuze ko yifuza Rema.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mama Nick wabazwe ku munsi w’ejo hashize Imana yamukoreye ibitanzaga bidasanzwe- Videwo

Byabaye kumanywa y’ihangu! Rwamagana inzoka zirenga 10 zateye urugo rw’umuntu icyarimwe hakekwa uwazohereje