in

Uwahoze ari kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yashyingiranywe n’uwo bahuje igitsina -Amafoto

Tierra Monay Henderson wabaye kapiteni w’ikipe y’igihugu y’abagore ya Basketball yamaze gushyingiranwa na Amanda Thompson bahuje igitsina.

Aba bombi bahisemo inzira yo kubana akaramata nyuma y’igihe kinini bakundana ndetse bakemera no kubishyira hanze batitaye uko abantu bazabafata cyane ko gukundana cyangwa gushakana n’uwo muhuje igitsina abantu batabifata kimwe.

Aba bombi bakaba bamaze gushyingiranwa mu birori bibereye ijisho aho byari byitabiriwe n’inshuti n’imiryango.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News! Umukinnyi w’umunyarwanda wakinaga muri Algeria yirukanwe mu ikipe yakinagamo

Liverpool ikubitiye Chelsea ahareba inzega