in

Kanye West na Bianca Censori iby’ururkundo rwabo byajemo amabwire none bafashe umwanzuro ukomeye

Kanye West na Bianca Censori bafashe umwanya wo kuba bahagaritse iby’urukundo rwabo.

Kuva mu kwezi kw’Ukuboza mu 2022 nibwo aba bombi batangiye kuvugwa mu rukundo, ndetse bakomeze kugenda babyerekana uko bucyeye nuko bwije.

kuri iyi nshuro nyuma yuko Bianca ibye mu rukundo na Ye byinjiwemo n’inshuti ze n’umuryango bamugira inama yuko batandukana bamubwiraga ko Kanye West adashobotse, byaje kurangira asa nuwumviye inshuti afata umwanzuro wo kuba aretse iby’ururukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Baherekejwe na Anita Pendo! Dore Abanyarwanda bakurikirwa kurusha abandi ku rubuga rwa Instagram

Mugiraneza Jean Baptiste Migi yakuriye inzira ku murima APR FC yakiniye nyuma y’ibyo abafana bari bamaze iminsi bavuga we abona nk’ibidashoboka