in

Kakubitiwe muri parikingi ya sitade: Umusore n’inkumi babihiwe n’umukino bahita bajya kwisambanira muri parikingi ya sitade yaberagamo uwo mukino

Umunyamideli n’umukunzi we bahisemo kujya gusambanira hanze ya stade ya NFL muri Amerika kuko umukino bari bagiye kureba wari wabarambiranye.

Kaylee Killion, ufite imyaka 27, ukurikirwa cyaneku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire ye ishotorana, basangije abakunzi babo inkuru y’ukuntu basambaniye hanze gato ya stade.

Uyu mukobwa yavuze ko ibi byabaye ku cyumweru, tariki ya 8 Ukwakira kuri Stake Farm Stadium ahari habereye umukino wa NFL wahuje Arizona Cardinals yari yahuye na Cincinnati Bengals.

Kubera ko ikipe bakunda yari yatsinzwe, Kaylee yasabye umukunzi we Cody ko bakomereza umunsi wabo wo kwishimisha bajya mu modoka yabo bagasambana.

Kaylee yagize ati: “Ndatinyuka kurenza Cody, bityo cyari igitekerezo cyanjye.

Arizona Cardinals yari yatsinzwe kandi numvaga nshaka kwishima. Twakoreye imibonano mpuzabitsina ahantu hatandukanye kandi heza, ku buryo parikingi ya sitade yasaga nkaho ari ahantu heza ho kongera ku rutonde.

Kaylee yakomeje agira ati: “Tugomba kuba twaramaze iminota igera kuri 10 gusa kuko byari biteje akaga, hirya no hino hari abapolisi n’abashinzwe umutekano. Imibonano mpuzabitsina yari igitangaza kandi ubwoba bwo gufatwa bwatumye birushaho kuryoha.”

Aba bombi bemeje ko bakoreye imibonano mpuzabitsina “ahantu hatandukanye ku isi yose”, harimo ahantu hahurira abantu benshi nko mu bwiherero bw’ikibuga cy’indege no mu tubari.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari ibyishimo: Bruce Melodie yahuye na wa mwana wabaye kimenyabose mu gusubiramo indirimbo Fou de toi ya Bruce Melodie na Elements Eleeh [videwo]

Muyango yari yabaye umufana! Miss Uwase Muyango yahaye ikizamini abanyamakuru bakorana ubwo bari muri sitidiyo cyo gutanguranwa kurya igi bakoresheje ifoke kandi yabafunze amaso – VIDEWO