Ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye amafoto y’umukobwa w’imyaka 10 bivugwa ko yatewe inda n’umusore w’imyaka 12 y’amavuko. Amakuru avuga ko aba bana bakomoka muri Nigeria.
Nkuko bigaragara aba bombi bafotowe bishimanye ndetse bigaragara ko bifashe nka couple y’abantu bakuru biteguye kwibaruka.Witegereje neza ntiwapfa kumenya ko aba bana bari muri iyo myaka gusa bigaragara ko uyu mwana w’umukobwa akuriwe ndetse ari hafi kubyara.
