in

Kabaye! Donald Trump agiye gucurangira abitabiriye akabyiniro aho ariwe uzaba ari “Dj”

Biteganyijwe ko perezida ucyuye igihe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump azaba ‘Dj’ muri club ye yitwa Mar-a-Lago iherereye mu nyubako ye yitwa Florida resort.

Abagize iyi Club ya Donald Trump guhera 1985, babonye ubutumwa icyumweru gishize buvuga ko bazafatwa neza bumva umuziki mwiza mu gihe bazaba basangira ibya n’injoro, ibi burori bikazaba tariki 12 Gashyantare 2022.

“Hazaba hari umuziki mwiza kuwa gatanu no kuwa gatandatu ni mugoroba, hamwe na President Donald Trump uzaba ari kuvangavanga umuziki” nkuko bigaragara ku itangazo ryagiye hanze mu kinyamakuru cya New York Times.

Ntawuramenya indirimbo Donald Trump azaba ari gukina muri iki kirori kizaba muri weekend.

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo gutsinda igitego mackenzie yahaye ubutumwa bukomeye abamwita umusaza

Burya ni umuhanga cyane mu gikoni! Kate Bashabe yerekanye ubuhanga bwe mu guteka (video)