in ,

Justin Bieber yavuze ku bikomere yahuye nabyo mu rukundo rwe rwa kera maze bikora ku mitima ya benshi

Umuhanzi Justin Bieber wamenyekanye cyane ku isi yose kubera indirimbo nyinshi yagiye akora zigajundwa n’abantu benshi ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi akongera atyo abafana be, ku munsi w’ejo yatangaje bimwe mu bikomere yahuye nabyo mu rukundo rwe rwa kera.

Selena Gomez & Justin Bieber (Courtesy of Instagram)

Justin Bieber and Hailey Baldwin

Miranda Kerr & Justin Bieber (Courtesy of ABC)

Barbara Palvin & Justin Bieber (Courtesy of Instagram)

Jayde Pierce & Justin Bieber (Courtesy of Instagram)

Justin Bieber wari usanzwe uzwi nk’umusore ukunda inkumi cyane dore ko yanaterese bamwe mu byamamare bikomeye nka Selena Gomez, Hailey Baldwin, na Sofia Richie yaje guhindura imyumvire ye ndetse anatangariza abafana be ko agiye kugabanya gukururuka mu bakobwa kwe. Ni nyuma yuko uyu muhanzi yahuye n’ibikomere bikomeye cyane we yanavugaga ko byajyaga bimubuza kujya mu bitaramo bikomeye yabaga yaratumiwemo. Si ibi gusa ahubwo Justin Bieber yanavuze ko mu rukundo rwe rwa kera yanahuraga n’ibikomere bishingiye ku kwamburwa umukunzi we (urugero nka Selena Gomez yambuwe na The Weeknd) n’abandi batandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo Lionel Messi yanditse kuri Instagram asezera Neymar yakoze ku mitima ya benshi

Iyumvire impano IDASANZWE abakinnyi ba PSG bateguriye Neymar Jr witeguwe nk’imana