Hanze
Justin Bieber yaciye mu rihumye umuherwe Elon Musk amutanga kugura imodoka y’akataraboneka.

Umuhanzi w’umunyakanada Justin Bieber, yaciye agahigo ko kugura imodoka y’igitangaza ,yifuzwaga kugurwa n’umuherwe Elon Musk bwa mbere.
Justin Bieber yaguze iyi modoka nyuma y’uko byavugwaga ko umuherwe Elon Musk ariwe uzabanza kuyigura aho yari yanatanze Komande y’iyo modoka, gusa Justin Bieber aba amuciye murihumye amutanga kuyitunga nk’uko ibinyamakuru bitandukanye byabitangaje.
Rolls-Royce, Justin Bieber yaguze, yakozwe na kompany ya ‘West Coast’ ku bufatanye na ‘Rolls-Royce 103ex’ izwi mu gukora imodoka nyinshi zo mu 2016 zirimo izikoresha amashanyarazi. Bieber yagaragaye muri Los Angeles afite iyo modoka iza guparikwa ku muhanda wa Malibu.
Ikinyamakuru kimwe Foxnews kivuga ko hataramenyekana ingano y’amafaranga uyu muhanzi yishyuye iyi modoka itangaje ariko bivugwa ko nibura ari ibihumbi 330 by’Amadorali, tugenekereje mu ma nyarwanda ni hafi Miliyoni 330.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda24 hours ago
Inkuru ibabaje: I Kigali umusore ariyahuye nyuma yo kwanduzwa SIDA n’umukunzi we.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro13 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda17 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo3 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda16 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.