in ,

Jennifer Lopez n’umukunzi we bakuye mu rujijo abibazaga ko bagiye gukora ubukwe mu minsi ya vuba (inkuru irambuye)

Umuhanzikazi Jennifer Lopez wamenyakanye cyane ku isi yose kubera indirimbo zitandukanye yagiye ahimba zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo bitadukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi akegukana atyo umubare w’abafana benshi, ku munsi w’ejo we n’umukunzi we ariwe Alex Rodriguez bakuye mu rujijo abatekerezaga ko aba bombi bagiye gukorana ubukwe mu minsi ya vuba.

Related image

Nkuko tubikesha eonline, Alex Rodriguez yatangaje mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ko adateganya gukora ubukwe na Jennifer Lopez gusa yavuze ko akunda ukuntu abanye na Jennifer Lopez ndetse yongeyeho ko anishimira cyane kuba amufiteho nk’umukunzi.

Image result for jennifer lopez and alex rodriguez

Mu magambo ye bwite, Alex Rodriguez yagize ati: “Jennifer’s amazing. It’s nice, it’s nice. You’re gonna make me blush now! Now I’m sweating. No, she’s an amazing girl”. Bigaragara cyane ko yishimiye ukuntu abanye na Jennifer Lopez nubwo atigeze yemerera imbere y’itangazamakuru ko ateganya kuzamushyira mu mago.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi ukomeye w’ikipe ya Chelsea yakoze impanuka y’imodoka(Inkuru irambuye)

Ku nshuro ya kabiri, Nyampinga w’U Rwanda agiye kwerekeza mu marushanwa ya Nyampinga w’isi (Miss World)