in

Iyi ni imwe mu masabukuru ahenze abereye i Kigali |ShaddyBoo arongeye arahatwitse.

Iyi sabukuru y’amavuko idasanzwe ni uyu mukobwa Cynthia uzwi nka Sis ,umwe mu bakobwa bazwi cyane ku mbugankoranyambaga. Uyu mukobwa akaba yatangaje ko isabukuru ye yamutwaye arenga miliyoni 1 n’igice mu kuyitegura.Kuri camera za Yago TV,  Sis yari yatumiye ibyamamare bikomeye hano mu Rwanda, bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka ShaddyBoo, Rwema manager we ,na Ange Bae ndetse n’abandi batandukanye bitabiriye iyi sabukuru. Aba bose bakaba batangaje ko basanzwe bafitanye umubano ukomeye n’uyu mukobwa, dore ko bitamenyerewe cyane ko ShaddyBoo agaragara kenshi mu birori nk’ibi na we akaba yari yatwitse koko.

Byinshi wabisanga muri video ya YAGO TV ukanze hano hasi:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi ukomeye yasomye kuri ka manyinya birangira imyanya y’ibanga ye ayishyize hanze.(AMAFOTO)

Umukobwa yasazijwe n’ibyishimo ubwo yakangukaga agasanga umukunzi we yamwambitse impeta.