in

Itangazo: Undi muhanzi amaze gukuramo ake karenge mu gitaramo cyatumiwemo Demarco cyizabera hano mu Rwanda

Umunya Jamaica Demarco watumiwe kuza gukorera igitaramo I Kigali muri BK Arena akaba yari kuzafatanya n’abandi bahanzi bahano mu Rwanda bagera kuri 11.

Mu bahanzi 11 bari kuzafatanya n’uyu munya Jamaica dukomeze kugenda twakira amazina avugako atazitabira iki gitaramo.

Kugeza ubu umuhanzi Ish Kevin niwe wabimburiye abandi mugukuramo akabo karenge akurikiwe nundi muhanzi Chriss Eazy umaze gutangaza ko atazitabira iki gitaramo.

Mu kubitangaza bokomoje ku kibazo cyo kuba abashinzwe gutegura ibitaramo nagahunda bagira ko batangaza ibintu batateguye akaba ariyo mpamvu yabateye gahagarika izo gahunda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amateka yanditswe; Umusifuzi Uwikunda Samuel yanditse amateka atarigeze akorwa nundi wese hano mu Rwanda

Baramuroze: Noopja arashinja inshuti ze zahafi bakoranaga gushinyagurira no kuroga Kinyoni umuvandimwe we ya kundaga cyane