Umunya Jamaica Demarco watumiwe kuza gukorera igitaramo I Kigali muri BK Arena akaba yari kuzafatanya n’abandi bahanzi bahano mu Rwanda bagera kuri 11.
Mu bahanzi 11 bari kuzafatanya n’uyu munya Jamaica dukomeze kugenda twakira amazina avugako atazitabira iki gitaramo.

Kugeza ubu umuhanzi Ish Kevin niwe wabimburiye abandi mugukuramo akabo karenge akurikiwe nundi muhanzi Chriss Eazy umaze gutangaza ko atazitabira iki gitaramo.
Mu kubitangaza bokomoje ku kibazo cyo kuba abashinzwe gutegura ibitaramo nagahunda bagira ko batangaza ibintu batateguye akaba ariyo mpamvu yabateye gahagarika izo gahunda.