in

Itangazo ryihutirwa riburira kandi rimenyesha abantu bose bakoresha n’abateganya gukoresha za mukorogo ko hari izakuwe ku isoko ry’u Rwanda burundu

Itangazo ryihutirwa riburira kandi rimenyesha abantu bose bakoresha n’abateganya gukoresha za mukorogo ko hari izakuwe ku isoko ry’u Rwanda burundu.

Rwanda FDA iramenyesha Abaturarwanda bose ko, amavuta yo kwisiga n’ibindi bikoreshwa mu kunoza no gusukura umubiri biri kuri uru rutonde bitemewe ku isoko ry’u Rwanda.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bibaye nonaha! Amashuri abanza ya mu Gitega agurukishijwe n’umuyaga mwinshi umaze kuhumvikana

RIP Young Ck ! The Ben yashenguwe n’urupfu rwa Young Ck -IFOTO