in ,

Isomere amagambo aryohereye cyane y’urukundo Yannick Mukunzi yabwiwe n’umukunzi we ku isabukuru ye y’amavuko akomeje kunezeza benshi

Yanncik Mukunzi, umwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru bakunzwe cyane hano mu Rwanda bitewe nuko bamwe mu bantu biganjemo cyane cyane ab’igitsina gore bagenda bavuga ko uyu musore afite uburanga, uyu musore unaherutse kujya mu ikipe ya Rayon Sports FC nyuma yo kuva mu ikipe ya APR FC ari nayo yamenyekaniyemo cyane, kuri uyu munsi yabwiwe amagambo aryohereye cyane y’urukundo n’umukunzi we ariwe Iribagiza Joy, aya magambo akaba akomeje kugenda agarukwaho n’abantu batari bake hirya no hino mu Rwanda.

Aya niyo magambo umukunzi wa Yannick Mukunzi yamubwiye ku isabukuru ye y’amavuko

Umukunzi wa Yannick Mukunzi akimara gutangaza aya magambo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, bamwe mu bakurikiranira hafi aba bombi bagize amagambo bababwira. Abenshi bagiye bagaruka mu kwifuriza isabukuru nziza Yannick Mukunzi ndetse no gukomeza kwifuriza amahirwe masa aba bombi mu rukundo rwabo.

Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Yannick Mukunzi na Joy Iribagiza

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Social Mula yatunguye benshi ubwo hagaragaraga ifoto ye arimo gusomana n’inkumi babyaranye

Exclusive: Umukinnyi wabiciye bigacika mu ikipe ya Arsenal yasanzwemo agakoko ka Sida