in ,

Isomere agashya Amber Rose n’umukunzi we 21 Savage bakoze kagatangarirwa n’abantu benshi

Umunyamidelikazi Amber Rose wamenyekanye cyane kubera amafoto adasiba gusangiza abakunzi be cyane cyane abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ndetse n’ibindi birori bikomeye by’imideli agenda atumirwamo akamenywa n’abantu benshi, ku munsi w’ejo we n’umukunzi we 21 Savage babonyweho agashya gakomeye bakoreye muri kamwe mu tubyiniro dukomeye cyane two muri leta zunze ubumwe za Amerika.

Nkuko tubikesha oxygen.com, Amber Rose n’umukunzi we 21 Savage batanze akayabo k’amadollari ibihumbi makumyabiri na bibiri (22 000 $) mu binyobwa ndetse n’ibiribwa bari kumwe n’inshuti zabo ndetse na bamwe mubo mu miryango yabo ba hafi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda: Umukinnyi ukomeye w’umutaliyani yemeye ko yishe nyina na mushiki we(inkuru irambuye)

Ifoto imwe gusa niyo yatumye isi yose yibaza niba Zlatan Ibrahimovic yararezwe(yirebe hano)