in

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Isi irarangiye: abagabo bafashwe n’irari bafatira ku ngufu abagore mu rusengero pasteri areba

Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru idasanzwe y’abagabo bagize irari ryo gutera akabariro bari mu rusengero maze basimbukira abagore barabasambanya.Amakuru avuga ko ibi byatewe n’amazi banyoye arimo viagra.

Amakuru avuga ko Abapolisi bo mu Ntara ya Taita Taveta yatangiye iperereza ku kibazo gitangaje aho viagra yabonetse mu mazi yo kunywa mu rusengero. Nk’uko amakuru abitangaza, abagabo 17 bari hagati y’imyaka 15 na 50 y’amavuko bari bagiye gusenga nyuma yo gusoma kuri ayo mazi batangiye kumva impinduka mu mubiri bagira ubushake bukabije bwo gukora imibonano mpuzabitsina, bamwe barataka abandi badukira abagore babafata ku ngufu.

Uwatanze amakuru yavuze ko babonye ibyabaye maze bagakeka ko ari imperuka ibaye.Yagize ati:“Mu gihe pasiteri yabwirizaga, umwe mu bagabo yatangiye gufata umugore waje gusenga, mu kumufata umugabo yatakaga cyane avuga ko yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina ubushyuye bwabaye bwinshi, mu kanya gato n’abandi bagabo badukira abagore n’inkumi babafata ku ngufu karahava.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ntakirutimana Gilbert
Ntakirutimana Gilbert
2 years ago

Nuburozi ubwo bari bariye

Ifoto Shaddyboo yashyize hanze igaragaza ikibero cye cyose yatumye igitsinagabo gicira inkonda

Umuhanzi K8 Kavuyo yashyize hanze ifoto yo mu bwana, abantu buzamura amarangamutima.