in

Ishyano ryaguye; muri kiliziya catholic habereyemo Ibirori by’ubusambanyi (sexy party)

Kiliziya Gatolika yeruye ko yatangiye iperereza ku birori by’ubusambanyi (Sex Party) byabereye muri Kiliziya ya St Mary’s muri New Castle, mu gihugu cy’u Bwongereza.

Iryo perereza kandi rigomba kuba rishingiye ku kwegura kwa Robert Byrne wahoze ari Musenyeri wa Diyosezi ya Hexham, uherutse kwegura mu Ukuboza umwaka ushize.

Bivugwa ko ibyo birori by’ubusambanyi byabaye mu gihe isi yose yari muri Guma mu rugo mu ntangiriro za 2020, kubera icyorezo cya COVID-19.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jules Sentore yanditse ibarwa acyebura abifotoreza ku nva z’abitabye Imana

Umwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda aritegura kwibaruka imfura ye