in

ISHYANO! Abahungu babiri bahinduje igitsina bakaba abakobwa bagiye guhatanira ikamba ry’ubwiza n’abakobwa bagenzi babo

Abahungu babiri bahinduje igitsina bakaba abakobwa, Marina Machete na Rikkie Valerie Kolle bagiye kuba aba mbere bafite iyi miterere bagiye guhatanira ikamba muri Miss Universe 2023.

Ibirori byo gutanga iri kamba bizaba ku wa 18 Ugushyingo 2023 muri El Salvador.

Ni irushanwa ngaruka mwaka. Ni ku nshuro ya 72 iri rushanwa rigiye kuba, kandi abakobwa bo mu bihugu bitandukanye byo ku Isi bamaze kuryitabira.

Marina Machete wavutse ari umuhungu akihinduza umukobwa aherutse kwegukana ikamba rya Miss Portugal. Ni mu gihe Rikkie Valerie Kollé wahoze ari umuhungu wihinduje akaba umukobwa, muri Nyakanga 2023 yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Buholandi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amatariki Young CK azashyingurirwaho yamenyekanye ndetse azashyingurwa i Kigali

Umukecuru w’imyaka 104 wakinaga imikino yo gusimbuka mu ndege yitabye Imana