in ,

Irebere igikorwa T.I n’umugore we bakoze cyahise cyemeza ababakurikirana ko basubiranye

Umuhanzi T.I n’umugore we ariwe Tameka, uzwi cyane ku izina rya Tiny, ni bamwe mu byamamare ku isi bikunze kugarukwaho mu itangazamakuru bitewe n’ibintu bitandukanye bagenda bakora. Umubano w’aba bombi mu minsi ishize wavugagwamo agatotsi ku mpande zombi gusa ku munsi w’ejo ubwo aba bombi bari bitabiriye ibirori bya VH1 Hip Hop Honors byabereye mu mujyi wa Brooklyn aho aba bombi banabijyanyemo, bakoze igikorwa kerekana ko basubiranye.

Related image
T.I na Tiny

Nkuko tubikesha Hollywoodlife, T.I na Tiny basomaniye imbere y’imbaga nyamwinshi y’abantu bari baturitse imihanda yose baje kwitabira ibirori bya VH1 Hip Hop Honors bahita baherako banatangaza ku mugaragaro ko basubiranye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugambi wa Real Madrid wo gushimisha abafana bayo iwukomereje kuri iki gikorwa kidasanzwe(Soma hano)

Ikipe ya Liverpool yagaruye mu kibuga umukinnyi wayo ukomeye warumaze igihe adakina