in ,

Irebere ifoto isekeje ya Anita Pendo akiri muto yavuzweho na benshi

Anita Pendo, umunyamakurukazi akaba n’umwe mu bashyushyarugamba bakomeye cyane hano mu Rwanda mu minsi ishize uherutse gukorerwa ibirori bya baby shower (ibirori bikorerwa umubyeyi wenda kubyara) ibi birori byari byitabiriwe n’inshuti za Anita Pendo za hafi ndetse na bamwe mu bo mu muryango we. Anita Pendo ku munsi w’ejo abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yashyize hanze ifoto ye ari kumwe n’inshuti ze mu buto bwabo maze abafana benshi ba Anita Pendo bayivugaho.

Iyi niyo foto Anita Pendo yashyize hanze

Anita akimara gushyira hanze iyi foto ku rukuta rwe rwa Instagrama abafana be benshi bayivuzeho byinshi bigiye bitandukanye cyane abenshi bagiye bagaruka mu gutangarira ukuntu aba bari kuri ino foto bose bahindutse mu mikurire yabo dore ko kuri iyi foto hariho n’abandi bantu b’ibyamamare nka Arthur Nkusi na Angel Uwamahoro.

Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Anita Pendo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Manchester United igiye kwiba umukinnyi ukomeye Real Madrid agaruke muri Premier League

Akumiro: Umugambanyi muri Fc Barcelona watumye Neymar ashaka kuva mu ikipe ya Fc Barcelone yamenyekanye