in ,

Irebere ibyo Drake yongeye gukorera umubiri we bishobora gutuma yitwa “umutinganyi”

Umuhanzi Drake wamenyekanye hirya no hino ku isi kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa na benshi ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma amenyekana cyane, ku munsi w’ejo hatahuwe igishushanyo cy’umugabo witwa Denzel Washington umwe mu bakinnyi ba filimi yitwa Mo Better Blues yo mu mwaka wa 1990 kiri ku kaboko ke.

Igishushanyo cya Denzel Washington kiri ku kaboko ka Drake

Nkuko tubikesha mtonews, iki gushushanyo cya Denzel Washington cyatahuwe ku kaboko ka Drake kije gikurikira icya Lil Wayne bivugwa ko Drake yari yarishyizeho mu kwezi gushize. Bamwe mu bafana ba Drake ndetse n’abakurikirana ibikorwa bya Drake umunsi ku munsi batangiye kugira amakenga y’uyu muhanzi bavuga ko ashobora kuba agiye kujya mu bikorwa by’ubutinganyi kubera ibi bishushanyo bikomeje gutahurwa umusubirizo ku mubiri we.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Priscillah – BIREMEWE

Serena Williams yatangaje abantu kubera amagambo yatangaje ku munsi w’ejo (yasome hano)