in ,

Irebere hano uko Umubastar w’ umunyaRwanda yafotowe asomana bikomeye n’umukobwa  amaso yatukuye……..(Amafoto)

Abenshi mwibuka Producer Gilbert(The Benjamins) wakoraga muri Touch records nyuma akaza kuyivamo akajya muri  Abbey Media Group ifite inzu itunganya amajwi n’amashusho,kuri ubu yafotowe  ahagararanye kandi afatanye by’abakundana n’umukobwa witwa Agasimbi Ornella,bivugwa ko bari mu rukundo.

 

Imwe mu mafoto yageze kuri YEGOB.RW agaragaza Producer Gilbert na Ornella bahagararanye begeranye ndetse byo gufatana,Ornella yamuzengurukije ukuboko mu bitugu akandi kaboko akamukoza kunda asa n’ushaka kumuhobera ndetse n’uyu musore nawe  yasaga n’ufumbase uyu mukobwa ariko bombi bahagaze,bamwenyura kandi barebana ijisho rireba hafi ,indi foto igaragaza uyu musore yenda gusoma Ornella,ndetse nawe yamuteze iminwa…..[] ibindi nawe wakihera ijisho

 

5d79ed16-131c-431f-9194-3643124b7ae6

5a3b4b56-1411-4d1d-8dc2-f9414a2d3fcc

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
bogali
bogali
7 years ago

Haaahahh uyu ornella turaburanye neza!

Umunyarwandakazi w’umustar ukunzwe cyane hano mu Rwanda yabikuyemo gutwara inda  !

Amafoto mashya agaragaza ubwiza n’uburanga bihebuje bya Miss Peace Kwizera akomeje guca ibintu kuri Instagram (amafoto)