in

Inyubako yo kwa Ndamage yafashwe n’inkongi y’umuriro (AMAFOTO)

Mu masaha ya saa tatu z’ijoro zo kuri iki Cyumweru igorofa izwi nko kwa Ndamage ikoreramo ikinyamakuru IGIHE yibasiwe n’inkongi y’umuriro.

Nkuko amafoto dukesha RBA abigaragaza, Polisi y’u Rwanda ikaba ari yo yazimije iyo nkongi.

Kugeza ubu ntiharamenyekana icyayiteye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I Rusororo: Abakobwa ba Jay Polly basutse amarira ubwo bashyiraga indabo ku mva ya Jay Polly

Ibintu bidasanzwe byakwereka ko umukobwa/umugore yakwimariyemo wese.