in

Inyogo ye ashatse gutera kompaje araseba(Video)

Issa New Boy wamamaye nka Inyogo ye ukunda gukora utuntu dusekeje,ndetse akishimirwa n’abatari bake kubera imvugo ye yarwaje abantu imbavu ubwo yashakaga kwerekana ko atasinze maze atera kompaje ziramunanira.

Ni nyuma y’aho yari yatumiwe i Kigali n’umunyamakuru Yago ari na we umufasha muri byinshi.Mu kiganiro bagiranye yamubajije uko arimo kubona umujyi wa Kigali amubwira ko abona ari mwiza ufite indabyo nibindi byinshi byiza ,gusa Yago yaje kumva Inyogo ye aravuga mk’umusimzi maze amusaba ko yakora kompaje akareba ko atasimze.Akimanuka New Boy yahise ahera hasi.

https://www.instagram.com/tv/CeRvXoyKRML/?igshid=ZDc0MTNkNmI=

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wafataga abagabo ku ngufu, agiye kubyishyura

Uwagutsinze ntaho yagiye, Messi yongeye gutwara igikombe gikomeye.