Umuhanzi Gabiro Guitar yapfushije umubyeyi we, papa we umubyara.
Muri iki gitondo cyo kuwa Mbere tariki 05 Ukuboza 2022,nibwo umuhanzi Gilbert Gabiro Guitar uzwi mu ndirimbo nyinshi zakunzwe cyane nka “Igikwe’ “Kakadance’ ‘Koma’ n’zindi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko yakiriye inkuru y’urupfu rwa Se umubyara witabye Imana.
Uyu muhanzi akaba yifurije papa we kuruhukira mu mahoro Kandi agaragaza ko ashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we.

