in

Inkuru y’inshamugongo ku muhanzi Gabiro Guitar

Umuhanzi Gabiro Guitar yapfushije umubyeyi we, papa we umubyara.

Muri iki gitondo cyo kuwa Mbere tariki 05 Ukuboza 2022,nibwo umuhanzi Gilbert Gabiro Guitar uzwi mu ndirimbo nyinshi zakunzwe cyane nka “Igikwe’ “Kakadance’ ‘Koma’ n’zindi abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, yatangaje ko yakiriye inkuru y’urupfu rwa Se umubyara witabye Imana.

Uyu muhanzi akaba yifurije papa we kuruhukira mu mahoro Kandi agaragaza ko ashenguwe n’urupfu rw’umubyeyi we.

 

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Padiri yirukanwe mu Misa nyuma yo gufatwa arimo asambanya umugore w’abandi

Inkuru y’agahinda kuri Deejay Waxxy