in

Inkuru nziza kubakundana burya gusomana n’ingirakamaro mu buzima

Rihanna n'umukunzi we benda gusomana

Iburayi gusomana ni nkumuco ariko bigatandukana cyane no muri afurika Aho abantu benshi babigiraho amarangamutima atandukanye benshi bavuga ko Atari byiza kuko bigaragaza umuco mubi naho abandi bakemeza ko ntacyo bitwaye ariko burya ntawakwirengagiza ko Ari ingirakamaro kubabikora mu buzima bwaburi munsi

Dore ibyiza bitanu byo gusomana:

1.biruhura mu mutwe

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu gihe umuntu asomanye afite stress bishobora ku.mufasha cyane kuruhuka akongera gutekerza neza

2.bituma umuntu ahorana itoto

Bishobora gutuma umuntu ahora akeye ku mubiri afite umubiri usa neza

3.Ni intangiriro nziza kubashaka gutera akabariro

Nibyiza cyane kubashaka gutera akabariro kuko bibafasha kwishimirana ku mpande zombi.

4.bigabanya umubyibuho ukabije

Bishobora cyane gufasha ababikora kugabanya umubyibuho kimwe na siporo.

5.Byoza amenyo

Kubera imvubura za mashandwe zivubura menshi yoza amenyo bikaba byabarinda kurwara zimwe mundwara z’amenyo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu byingenzi bishobora gutuma amabere y’umukobwa agwa byihuse

Mu mafoto adasanzwe dore ubwiza n’imitere myiza ya Mbabazi Shadia uzwi nka ‘shaddy boo’