in

Inkuru nziza ku banyeshuri barangije amashuri yisumbuye muri 2022 bari bategerezanyije amatsiko igihe kaminuza Y’u Rwanda izafungurira imiryango ku banyeshuri bashya

Nyuma y’igihe kitari gito abarangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2021-2022 bamaze igihe bategereje link yo gusaba kwiga muri kaminuza Y’u Rwanda.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa 14 Werurwe 2023 nibwo kaminuza Y’u Rwanda yasohoye itangazo ryemerera abarangije Bose gusaba kwiga nyuma Yuko yari yabigerageje mu matariki yo mu Kwa kabiri ariko bikaza kugira ikibazo bakabihagarika.

Nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa Kaminuza Y’u Rwanda gahunda yo kwiga ku banyeshuri bashya iteganyijwe taliki ya 05 kamena muri uyu mwaka.

Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter kaminuza Y’u Rwanda yashize hanze ibisabwa ndetse n’umuyoboro ucaho usaba kwemererwa kwiga muri iyi kaminuza Y’u Rwanda (link)

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 8 Paris Saint -Germain ihanze amaso mu mpeshyi nyuma yo gusanga ikomeje kwitara cyana mu marushanwa akomeye

Harmonize agiye kurega Diamond wigize bihemu