in

NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Inkuru ibabaje:Umugeni yapfiriye mu nzira agiye gushyingirwa.

Umugani wo mu Mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), yapfiriye mu nzira ubwo yari agiye gushyingiranwa n’umukunzi we.

Ibitangazamakuru bikorera muri iyi Ntara bivuga ko uyu mukobwa yabanje gusezeranira imbere y’amategeko kuri uyu wa 30 Ukuboza 2021, yitegura gushyingirwa kuri uwo munsi.

Nyuma y’igihe gito, uyu mukobwa yaje kurira imodoka hamwe n’abamuherekeje imujyana aho yagombaga gukorera ibirori by’ishyingirwa, ariko ntiyabashije kugera mu cyumba umuhango wagombaga kuberamo, aho yari ategerejwe.

Bivugwa ko umukobwa yaje kumererwa nabi, yihutishirizwa ku bitaro, ariko aza gupfa ataragerayo.Ubukwe bwahise buhagarara, ibyari ibyishimo binduka ikiriyo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
NTIGURIRWA Gaston
2 years ago

Her soul rest in peace and
quiet!!

Menya ibintu 7 umukobwa/umugore wese adapfa kubwiza umusore ukuri.

Inkuru nziza ku bakunzi n’abafana n’umunyamakuru Lucky ukorera kuri RBA