in

Inkuri mbi kubifuzaga kujya kugurisha amano muri Zimbabwe

Mu minsi ishize hasakaye amakuru avuga ko muri Zimbabwe amano arimo agurwa ku bwinshi ndetse ko ari imari ishyushye muri Zimbabwe ikindi n’abantu bakajya bahabwa ubuhamya n’abo mu bihugu bitandukanye ko baba barayagurishije muri Zimbabwe.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru citizens ndetse na news24, umwe mu bavuze ko bagura amano muri Zimbabwe yatawe muri yombi kugira ngo akurikiranwe kuri ubwo bucuruzi butemewe butanasorera igihugu.

Mu kwiregura yavuze ko yabivuze yasinze atari akomeje kandi ko nta mano agura ndetse ko we atari yanayagurisha kandi nta muntu azi wayagurishije.

Kuri ubu acumbikiwe kuri station ya police kugira ngo akurikiranwe hamenyekane niba ariwe uyagura koko anasobanure ikiyavamo kuko bayatangaho agatubutse.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amagambo Miss Keza Joannah yabwiye inshuti ye magara, Miss Flora, ku isabukuru ye y’amavuko

Amafoto yo mu bihe bitandukanye y’umukobwa mwiza uri mu mashusho y’indirimbo nshya ya Okkama