in

Inkumi yiyamye abasore bayibasiye ko yongereye amabuno

Umukobwa witwa Mercy yihanije abasore bamwibasiye ko yongereye ikibuno cye.

Uyu mukinnyi wa filime zica kuri televiziyo yavuze ko yabagishije amabuno ye kugirango arusheho kwigirira ikizere kuko yashakaga kugaragara neza bitewe nimirimo ye.

Mercy Eke yabivuze nyuma y’iminsi bamwibasira ko yagiye kongeresha amabuno ye kugirango akundwe nabasore.

Mu magambo ye; yagize ati: “Nabikoreye ubwanjye. Nabikoze kugirango nongere icyizere. Nari nzi ko nshaka kugaragara neza mubyo nambara. Ndi umunyamideli kandi ndabyumva neza, ngomba kugira umubiri runaka kubwanjye. Ndumva abo bihishe badafite ikizere, birashoboka ko babikorera undi ariko nabikoreye kubwanjye. Nabikoze kugurisha ubucuruzi bwanjye.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Hamenyekanye igihe shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ‘Premier League’ izatangirira

Inkuru mbi ku muhanzi Justin Bieber