in

Inkumi yazindutse yasaze yiruka ku gasozi nyuma yo kuryamana n’umugabo w’abandi

Umukobwa ukiri muto utaramenyekana wo muri Nigeria kugeza ubu ngo yataye ubwenge yiruka ku musozi nyuma gato yo kuryamana n’umugabo wubatse bari bajyanye kurarana muri hoteli.

Uyu mukobwa yamaze kuzerera yagiye mu muhanda yambaye ubusa ndetse afotorwa n’abahisi n’abagenzi.

Nk’uko amakuru abitangaza, umukobwa ukiri muto yararaga muri hoteri ari kumwe n’umugabo maze atangira kwerekana ibimenyetso by’umuntu wataye umutwe bukeye. Hateraniye hamwe abakozi ba hoteri bamwirukana ubwo yatangiraga kwerekana ibimenyetso by’ubusazi.Bivugwa ko uyu mugabo bari kumwe yahise aburirwa irengero.

Kubera ko amashusho y’uyu mukobwa agaragaza ubwambure ntitwayashyize muri iyi nkuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi batanu b’umupira w’amaguru bakurikirwa kurusha abandi ku rubuga rwa Twitter

Inkuru nziza kuri Karim Mostafa Benzema ukinira ikipe ya Real Madrid