in

Inkumi yatwaye umutima w’umuramyi Patient Bizimana yageze i kigali aho bitegura kurushinga vuba (Amafoto)

Nk’uko Patient Bizimana n’umukunzi we baherutse kubitangaza, byitezwe ko ubukwe bwabo buzabera mu Mujyi wa Kigali tariki 19 Ukuboza 2021.

Ku wa 21 Kamena 2021 aba bitegura kurushinga bari berekanywe mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church  Masoro, Patient asanzwe ateraniramo.

Ni igikorwa cyabaye hifashishijwe ikoranabuhanga mu kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus. Hahamagarwaga couple imwe ku yindi hanyuma hakerekanwa ifoto yabo.

Patient Bizimana yamaze kuba umugabo byemewe n’amategeko kuko yasezeranye na Uwera muri Kamena 2019 mu Karere ka Rubavu.

Ni umuhango wabaye mu bwiru bukomeye, uhezwamo itangazamakuru ndetse no kubona ifoto byaragoranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umupfubuzi yahuye n’akaga ubwo yibetanaga umugore w’umukire ashaka kumurya (video)

Ubukwe bwa Byiringiro Lague n’umukunzi bushyizwe kuyindi tariki