in

Inkumi Diamond Pltnumz yateretaga igiye kurongorwa n’undi musore.

Umukobwa Diamond Platnumz yari àmaze iminsi atereta biravugwa ko yamaze kwambikwa impeta nundi musore witeguye kumugira umugore we.

Uyu mukobwa ni umunyamideri ukomoka muri Africa y’Epfo akaba yitwa Andrea Abraham. Yamamaye mu marushanwa y’ubwiza aho yegukanye ikamba rya Miss 7 Continents 2016 ryabereye muri Turkey ndetse kandi yanahatanye muri Miss Mamelodi Sundowns mu 2019 akaba yarageze muri 11 bageze kuri Final cyangwa se mu cyiciro cya nyuma.

Mu minsi ishize byavuzwe ko ari mu rukundo na Diamond nyuma yo gutandukana na Tanasha Donna bafitanye umwana w’umuhungu ariko habura gihamya. Diamond ubwe niwe wemeje ko bakundana abihamiriza kuri radiyo ye Wasafi FM mu kwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

Kuri ubu uyu mukobwa yamaze kwambikwa impeta

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo Muzehe Nyarwaya yakoze nyuma yo kumenya ko bagiye kumutera urushinge (video)

Umupfubuzi yahuye n’akaga ubwo yibetanaga umugore w’umukire ashaka kumurya (video)