in

INKOVU Z’URUKUNDO: Asinah nyuma yo guterana amakofi na Riderman yabonye umusore aririra mu gituza

Asinah Mukasine watandukanye na Riderman nyuma y’imyaka umunani bari bamaranye,havuzwe byinshi ku itandukana ryabo harimo ko ngo Riderman yaba yarabenze Asinah bitwe n’uko uyu mukobwa yari amaze kuba inshuti magara na manyinya,nyuma rero yuko Riderman atandukanye na Asinah akisangira Nadia baje gushinga urugo ndetse ubu bakaba bafite umwana mukuru,Asinah we yahise ajya mu muziki maze ashyiramo imbaraga ze zose

Kuri ubu amakuru yasakaye ko Asinah yabonye umukunzi ,ndetse uwo musore akaba asanzwe nawe ari umuhanzi,uyu akaba yaba abaye umuhanzi wa 3 akundanye nawe dore ko mbere yo gukundana na Riderman yahoze akundana na Nazil wo muri family squad.

umva hano uko bimeze ibya Asinah n’umukunzi we mushya :

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jamin Haya – FEARLESS

Tom Close – NABA UMUYONGA