in

Ingabire Egidie Bibio wo kuri RBA, yihanganishije abagize umuryango wa Ngabo Karegeya bagize ibyago

Umunyamakuru Ingabire Egidie Bibio wo kuri RBA, yihanganishije Ngabo Karegeya ndetse n’umuryango we bagize ibyago byo gupfusha umwe mu bagize umuryango wabo.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Egidie Bibio yagize ati “Nihanganishije iyi mfura cyane hamwe n’umuryango we, bagize ibyago. Umubyeyi (sekuru) aratashye. Imana ibahe imbaraga, ababishoboye mumuhumurize.”

Uyu musaza niwe witabye Imana

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

I nkumi z’i Nyarugenge ziramurwanira: Papa Sava yagaragaye mu ishusho nshya ishobora gutumab inkumi zimurwanira kubera ibyo yikoze -AMAFOTO

“Aba batekamutwe ngo n’abapasiteri mujye mubahana” Ukoresha urubuga rwa X yasabye RIB na Polisi y’u Rwanda gufata umupasiteri wari uri kumwe n’umugore wavugaga ko yaroze Didace wo ku muhima [videwo]