in

Indwara Yanga witabye Imana yari arwaye iramenyekanye

Nkusi Thomas uzwi nka Yanga witabye Imana hamenyekanye ko yari arwaye indwara y’umwijima.

Mu butumwa murumuna we Junior Giti ashyize hanze atangaje ko mukuru we Yanga yishwe n’uburwayi bw’umwijima muri Afurika y’epfo.

Junior Giti kandi yatangaje ko ikiriyo cyatangiye aho yari atuye izindi gahunda zose zijyanye no kumushyingura zizamenyeshwa rubanda nyuma.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamideli wabyaranye na Diamond Platnumz yamaze kugera i Kigali (Videwo)

Mugabo, nuramuka uretse umugore wawe agakora bino bintu uzamenye ko inshingano za kigabo zakunaniye|Ukwiye kubyirinda utazitwa inganzwa.